U busanzwe Inkoni yera igizwe n’amabara atandukanye ariyo, umweru, ndetse n’umutuku iyo nkoni ifasha abantu bafite ubumuga bwo kutabona kugenda ahantu hose ntawundi ubayoboye.
Byavugiwe mu kiganiro n’itangazamakuru cyabaye none tariki ya 10.Ugushyingo 2023, aho abafite ubumuga bwo kutabona bibumbiye mu muryango (RUB), bavuga ko bakigowe no kubona inkoni yera kubera igiciro cyayo gihanitse, bagasaba leta y’U Rwanda ko yabafasha kubona uburyo babona inkoni yera bidasabye kuzitumiza mu mahanga.
Ins