Arkidiyosezi ya Kigali yatangaje ko guhera kuriuyu wa mbere,tariki ya 8 Mutarama 2024,izatangira gukoresha ibirango bishya nka gihamya kandi bigaragaza umwimerere w’inyandiko z’Ubuyobozi n’Ubunyamabanga bya Arkidiyosezi ya Kigali.
Nkuko byashyize ahagaragara bivuze ko ibyari bisanzwe bikoresha byakuweho, bityo abakenera kugana cyangwa kugira inyandiko zishyizweho umukono nubwo buyobozi ibi bikaba aribyo birango bizakorasha.
@Rebero.co.rw