REBERO

Advertise Here!

Ese General Makenga nabo bayoborana noneho bagiye kugira ijambo muri west Africa

Ejo bundi nababwiye ko M23 izatungura leta ya Kinshasa ndetse na Africa muri rusange,Ntabwo barabitangaza gusa hari agashya baherutse gukora nibatabigira ubwiru.

Muri operation iherutse ahantu bita Gasengesi hafi ujya kwegera i mu Gunga bafashe mateka abasirikare b’Igihugu ntari buvuge mu gihe M23 itarabitangaza. Niba ukurikirana ibibera muri Kivu urahita umenya abaribo. Aba bantu baje muri Congo bigize aba commando gusa abasore ba M23 barabarashe ubwo bashakaga kuza muri Eneo zabo.

Abafashwe si umwe, si babiri, si batatu, si bane yewe sina batanu,Bararenga,Ubu bari mu biganza bya M23. Leta yabo ubanza yatangiye ibiganiro na M23 icyo nayisaba nukubereka itangazamakuru.

Nifuza ko M23 yatanga ubusabe ko bagenzi babo bava muri Congo cyangwa aba bafashwe bakabagira! nubundi bita M23 umutwe witerabwoba.

Nugukoresha abafashwe bakerekwa itanganzamakuru ubundi bagasaba leta yabo Isi yose ibireba ko bakura abasirikare babo bose muri Congo, ndeste n’abaturage bicyo gihugu bakamenya ko abasirikare babo bafunzwe wenda bashyira igitutu kuri leta yabo ikavama abasirikare babo bose muri Congo Ubundi M23 igakemura ibibazo by’umutekano muke muri kariya gace.

Abasirikare ba M23 bagize uruhare mugufata mateka aba basirikare ni ukuri bazabahe ishimwe. M23 yaratashye iri iwabo. Uzajya abasanga iwabo ibintu n’ibibiri. Icya mbere bazamufata bamufunge.

@REBERO.CO.RW

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top