REBERO

Advertise Here!

Mu ishyirahamwe ry’umukino wa kunguf mu Rwanda,hasojwe imikino

Kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2023,hakinwaga imikino yanyuma isoza umwaka muri Kunguf Wushu (Rwanda Kunguf Wushu Shampionship 2023 Edition).Nyuma yogusoza amajonjora y’ibanze muntara zose zu Rwanda,abatoranyijwe bose baburijwe I kigari aho baje guhatana hagati yabo maze hakamenyekana abegukanye shampiyona yuyu mwaka,iyi mikino ikaba yabereye kucyibuga cya STECOL.

Abahatanye bose bahatanye mu byiciro 2 nkibisanzwe,
Muri Taolu ibizwi nko kwerekana ubuhanga bwuyu mukino,hahatanye abakinnyi 27,harimo abagabo(22),n’abakobwa (5).

Naho Muri Sanda ibizwi nko kurwana,hakaba hahatanye abakinnyi (24),bose bakaba ari abagabo.

ABITWAYE NEZA MURI SANDA(KURWANA)

Mubarimunsi y’ibiro 57
NYAMPETA EMMANUEL

Mubarimunsi y’ibiro 62
HAGENIMANA AIMABLE

Mubamunsi y’ibiro 67
MMUGISHA EMMANUEL

Mubarimunsi y’ibiro 72
RWIBUTSO JEAN CLAUDE

Mubarimunsi y’ibiro 77
MUVUNYI EMMANUEL

Mubari munsi y’ibiro 82
MUVUNYI J.DE DIEU

Abatsinze mu kiciro cya TAOLU,Cyangwa ibizwi nko kwerekana ubuhanga bwuyu mukino

TEKINIKI Z’AMABOKO (NANQUAN)

ABAGABO


1.MUTUYIMANA EMMANUEL
2.IBYIKORA EGIDE
3.MANZI CYUBAHIRO

MU BAGORE


1.MWUBAHAMANA LILIOSE

CHAN QUAN(AMABOKO)
ABAGABO


1.IRADUNDA EVODE
2.IRAGENA STIVEN
3.NKOMEJEGUSENGA STIVEN

MU BAGORE


1.UMUHIRE BELYSE

QUIANG SHU (ICUMU)


1.NKUNZEGUSENGA SIMEON
2.KWIHANGANA THIERRY

NANGUN(INKONI)
ABAGABO


1.MUTIMANA EMMANUEL

ABAGORE


1.MUTUYIMANA LILIOE

GUNSHU(INKONI)
ABAGORE


1.ISHIMWE ZULFAT
2.UMUHIRE BELYSE

ABAGABO


1.IRAGENA STIVEN
2.IRADUKUNDA EVODE
3.NIYONSABA EVODE

NANDAO(ICUMU)
ABAGABO


1.MUTUYIMANA EMMANUEL
2.MANZI CYUBAHIRO
3.IBYIKORA EGIDE

ABAGORE


1.MWUBAHAMANA LILIOSE

DAO SHU (INKOTA)
ABAGABO


1.IRADUKUNDA EVODE
2.NKOMEJEGUSENGA SIMEON

DAO SHU INKOTA
ABAGABO


1.IRADUKUNDA EVODE
2.NKOMEJE GUSENGA SIMEON
3.NIYONIZIGIYE YASINI

Intara y’iburasirazuba niyo yegukanye igikombe,nyuma yokwegukana imidari 17 Nyuma ho guhika umugi wa Kigali wegukanye imidari 10,

MARC Uwiragiye uyobora uru rugaga,yavuze ko bishimira uko umwaka w’imikino wagenze,avuga ko urwego rw’abakinnyi rwazamutse cyane,gusa avuga ko babajwe cyane nokuba batarabashije kwitabira imikino y’igikombe cy’isi ku munota wanyuma, kandi nyamara bari bariteguye buri kimwe

@Rebero.co.rw

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Scroll to Top