REBERO

Advertise Here!

Imikino

Cristiano Ronaldo yongeye guca agahigo muri ruhago

Rutahizamu Cristiano Ronaldo uri mu baza ku isonga muri ruhago y’Isi, utarahwemye guca uduhigo, yongeye kwandika amateka, aba umukinnyi ugiye kurangiza umwaka ayoboye abandi mu bitego byinshi. Uyu Munya-Portugal usigaye akina muri Arabia Saudite mu ikipe ya Al Nasrr, yujuje ibitego 53 muri uyu mwaka wa 2023. Ibi bitego yubyujuje mu mukino ikipe ye yaraye […]

Cristiano Ronaldo yongeye guca agahigo muri ruhago Read More »

Visit Rwanda yazanye undi mukinnyi ukomeye w’umufaransa

Umukinnyi mpuzamahanga w’umufaransa ukinira ikipe ya Paris Saint-Germain ndetse ni kipe y’igihugu y’ubufaransa kuri ubu ari mu Rwanda kubufatanye na Visit Rwanda. Warren Zaïre-Emery waraye akinnye umukono ikipe ye ya Paris Saint-Germain yakinnye na Metz bakanayitsinda ibitego 3-1 aho uyu mukinyi yakinnye iminota yose 90. Nyuma yo gukina iminota yose yahise afata indege imwerekeza mu

Visit Rwanda yazanye undi mukinnyi ukomeye w’umufaransa Read More »

Al Ahly yatsindiwe muri ½ nyuma yo gukuramo Al Ittihad ya Karim Benzema na Ngolo Kante   

Ikipe ya Al Ahly yari ihagarariye Umugabane wa Afurika mu Gikombe cy’Isi cya za Club, iherutse gusezerera Al Ittihad ikinamo ba rurangiranwa muri ruhago nka Benzema na Ngolo Kante, na yo yasezerewe n’ikipe yo muri Brazil muri 1/2. Ni mu mukino wabaye mu ijoro ryacyeye muri iki gikombe kiri kubera muri Arabia Saudite, aho iyi

Al Ahly yatsindiwe muri ½ nyuma yo gukuramo Al Ittihad ya Karim Benzema na Ngolo Kante    Read More »

Jurriën David Norman Timber ukinira Arsenal ari mu Rwanda

Umwe mu bakinnyi b’ikipe ya Arsenal isanzwe ifitanye imikoranire na Guverinoma y’u Rwanda mu kwamamaza ubukerarugendo bw’iki Gihugu cy’imisozi Igihumbi, yageze i Kigali mu Rwanda. Ni myugariro Jurriën David Norman Timber w’imyaka 22, wageze mu Rwanda mu gitondo cya kare kuri uyu wa Kane tariki 14 Ukuboza 2023. Uyu musore w’Umuhalandi, aje mu Rwanda muri

Jurriën David Norman Timber ukinira Arsenal ari mu Rwanda Read More »

Youssef Rharb wasabiwe imbabazi na bagenzi be bakinana ashobora kwigendera

Nyuma y’uko ubuyobozi bwa Rayon Sports bumenyesheje rutahizamu wayo; Umunya Marroc Youssef Rharb, ko bazatandukana kubera imyitwarire idahwitse, amakuru ahari ubu; aremeza ko ubuyobozi bw’iyi kipe bwamaze kumubabarira, ndetse bakazakomezanya. Byavugwaga ko Rayon Sports igiye gutandukana n’uyu rutahizamu kubera imyitwarire mibi, aho yagombaga kuva muri iyi kipe muri Mutarama 2024. Amakuru aturuka muri Rayon Sports,

Youssef Rharb wasabiwe imbabazi na bagenzi be bakinana ashobora kwigendera Read More »

Kamanda Tharcisse yongeye gutorerwa kuyobora Federation ya Rugby mu Rwanda

Kuri uyu munsi tariki ya 26 Ugushyingo, mu nteko rusange isanzwe y’ishyirahamwe rya Rugby habaye amatora yo gushyiraho ubuyobozi bwiryo shyirahamwe,abanyamuryango bakaba bongeye kugirira icyizere uwayoboraga iryo shyirahamwe bamwongera manda y’imyaka ine kugira ngo akomeze ibikorwa bitandukanye yari yaratangiye. Komite yatowe ku mwanya wa Perezida Kamanda Tharicisse, Vice Perezida Gakirage Phillippe, Umunyamabanga Mukuru Muhire John

Kamanda Tharcisse yongeye gutorerwa kuyobora Federation ya Rugby mu Rwanda Read More »

Mu ishyirahamwe ry’umukino wa kunguf mu Rwanda,hasojwe imikino

Kuri uyu wa 12 Ugushyingo 2023,hakinwaga imikino yanyuma isoza umwaka muri Kunguf Wushu (Rwanda Kunguf Wushu Shampionship 2023 Edition).Nyuma yogusoza amajonjora y’ibanze muntara zose zu Rwanda,abatoranyijwe bose baburijwe I kigari aho baje guhatana hagati yabo maze hakamenyekana abegukanye shampiyona yuyu mwaka,iyi mikino ikaba yabereye kucyibuga cya STECOL. Abahatanye bose bahatanye mu byiciro 2 nkibisanzwe,Muri Taolu

Mu ishyirahamwe ry’umukino wa kunguf mu Rwanda,hasojwe imikino Read More »

Scroll to Top