Muhoozi azarindwa na polisi aramutse yiyamamarije umwanya wa Perezida
Ingabo z’igihugu cya Uganda zasezeranije kuzagira uruhare rutabogamye mu matora rusange ateganijwe 2026. Ati: “Uruhare rwacu ni ukurinda igihugu mu gihe cy’amatora, kurwanya ibitero cyangwa kwivanga hanze.” Kulayigye abajijwe mu kiganiro n’ikigo nyafurika gishinzwe itangazamakuru ry’iperereza, niba ingabo zitazashyigikira umuyobozi mukuru w’ingabo zisanzweho, Gen Muhoozi Kainerugaba aramutse ahisemo kwiyamamariza kuba perezida, Kulayigye yavuze ko iyi […]
Muhoozi azarindwa na polisi aramutse yiyamamarije umwanya wa Perezida Read More »