REBERO

Advertise Here!

Ubukungu

Nyamasheke: Imiryango 134 ikennye cyane yorojwe

Imiryango 134 ikennye cyane ifite abana bitabwaho n’umushinga RW0731 EAR Gisuma,umurenge wa Bushenge,akarere ka Nyamasheke,uterwa inkunga na Compassion international, yorojwe ingurube mu rwego rwo kuyifasha kwifasha,kuko imwe muri yo ivuga ko nta gatungo na kamwe yagiraga,isabwa kuzitaho bihagije kuko byagaragaye ko ingurube yitaweho igeza nyirayo ku nka byoroshye. Abayobozi banyuranye baha ingurube abo mu miryango […]

Nyamasheke: Imiryango 134 ikennye cyane yorojwe Read More »

Nyamasheke: Abayobozi  b’Amizero SACCO Gisakura batowe bijeje abanyamuryango kutazabatenguha

Nyuma y’amatora y’abayobozi bashya bazayobora  Amizero SACCO,ikigo cy’imari cy ’abahinzi b’icyayi  ba Coopthe Mwaga-Gisakura na Coopthevigi , gikorera mu murenge wa Bushekeri,akarere ka Nyamasheke, umuyobozi  mushya w’inama y’ubutegetsi y’iyi SACCO,Uzayisenga Claudine,yijeje abanyamuryango kutazabatenguha mu guharanira imiberyo irushijeho kuba myiza. Ubuyobozi watowe w’Amizero SACCO Gisakura yijeje kugeza abanyamuryango ku ntambwe y’iterambere bazishimira Ni amatora akorwa muri

Nyamasheke: Abayobozi  b’Amizero SACCO Gisakura batowe bijeje abanyamuryango kutazabatenguha Read More »

Rusizi:  SACCO Gihundwe yavuye mu gihombo cya miliyoni 36 yunguka  miliyoni 38 mu mwaka n’igice gusa

Abanyamuryango ba koperative  Umusingi SACCO Gihundwe mu karere ka Rusizi ,bari mu byinshimo byinshi,by’urwunguko bavuga ko ruterwa n’impinduka mu miyoborere n’imicungire inoze y’umutungo wabo, aho mu mwaka n’igice gusa bavuye mu gihombo cya 36.000.000 bakagera ku nyungu za 38.000.000 nk’uko byemezwa n’umuyobozi w’iki kigo cy’imari, Uwizeye Emmanuel. Abanyamuryango baravuga ko ari inkuru nziza kuva mu

Rusizi:  SACCO Gihundwe yavuye mu gihombo cya miliyoni 36 yunguka  miliyoni 38 mu mwaka n’igice gusa Read More »

Nyamasheke: Kuzigama byababereye inkingi y’imishinga iramba

Abanyamuryango ba Karambi Vision SACCO,umurenge wa Karambi,akarere ka Nyamasheke,  bamaze kugira umuco wo kuzigama bakanakora imishinga bagafata inguzanyo bakazikoresha neza,bavuga ko ibyo bamaze kugeraho bitari kuborohera iyo  batagira akamenyero ko kuzigama duke babonye. Bakagira inama abo byananiye ngo bategereje kuzayazigama yagwiriye, gutangirira kuri duke,kuko iyo uzigamye duke tugwira tukazakubera  inkingi y’imishinga iramba. Aba baturage bemeza

Nyamasheke: Kuzigama byababereye inkingi y’imishinga iramba Read More »

Nyamasheke: Ubuhinzi bw’icyayi bwasirimuye abatuye umurenge wa Karambi

Abahinzi b’icyayi mu murenge wa Karambi, akarere ka Nyamasheke bibumbiye muri koperative COTHEGA baravuga ko imyaka 13 gusa bamaze muri ubwo buhinzi ibarutira kure iyo bamaze yose bahinga kuko ntacyo basaruraga,bamwe basuhukira mu bindi bice by’igihugu ngo barebe ko babaho n’ayo mahaho ntibayacyure yose,ubu bakaba bakirigitira ifaranga ry’icyayi  mu miryango yabo. Aba bahinzi bavuga ko

Nyamasheke: Ubuhinzi bw’icyayi bwasirimuye abatuye umurenge wa Karambi Read More »

Rusizi: Abayobozi bashya ba SACCO tea Shagasha basabwe kurushaho kuyiteza imbere

Nyuma y’itorwa rya komite nshya igomba kuyobora SACCO y’abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Shagasha na Thé villageois UMACYAGI,bakorana n’uruganda rw’icyayi rwa Shagasha mu karere ka Rusizi, abanyamuryango basabye aba bayobozi babo bashya kurushaho guteza imbere iki kigo cy’imari, kikabageza ku nzozi zabo mu iterambere rirambye. Abayobozi bashya basabwe kurushaho guteza imbere SACCO yabo Hakurikijwe amabwiriza mashya

Rusizi: Abayobozi bashya ba SACCO tea Shagasha basabwe kurushaho kuyiteza imbere Read More »

Scroll to Top