REBERO

Advertise Here!

Ubukungu

Abahinzi b’umuceli mu Karere ka Gisagara baragirwa inama yo guhingana inkweto mu bishanga

Muri gahunda y’ubukangurambaga mu kurwanya indwara zititaweho burimo gukorwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC) gifatanije n’Akarere ka Gisagara hamwe n’abafatanyabikorwa mu kurwanya izo ndwara baremeza ko hari intambwe bimaze gutera. Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buremeza ko abahinzi bahinga umuceli mu gishanga ubu bagirwa inama yo kwambara inkweto mu rwego rwo kwirinda kujya mu […]

Abahinzi b’umuceli mu Karere ka Gisagara baragirwa inama yo guhingana inkweto mu bishanga Read More »

Umuhanda Bugarama – Cité barasaba amatara ku mihanda kubera ubwambuzi buhakorerwa

Abaturage baturiye uwo muhanda cyangwa bawukoresha barasaba inzego zibishinzwe kubashyirira amatara ku mihanda kuko iyo bugorobye hari abambuzi bitwikira ijoro bakambura abaturage bataragera mungo zabo cyangwa batinze mu nzira. Uyu muhanda ukaba ukoreshwa nabarema amasoko ya Buganza na Bugarama, kandi ukaba ukoreshwa cyane n’ibinyabiziga ndetse n’abanyamaguru, niyo mpamvu basaba ko bagira igikorwa kugira ngo umutekano

Umuhanda Bugarama – Cité barasaba amatara ku mihanda kubera ubwambuzi buhakorerwa Read More »

Abayobozi ba UPDF bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru barashishikarizwa kujya muri politiki

Umuyobozi wungirije ushinzwe abakozi n’ubuyobozi muri UPDF Brig. Jenerali Godfrey Kawesa Kigozi yahamagariye abayobozi basezeye mu gisirikare gukoresha ubuzima bwabo bukurikira bashishikaye bakurikiza gahunda y’izabukuru kandi bakishora mu bindi bikorwa by’ubukungu mu buryo bwa gisivili. Jenerali Kigozi yabashishikarije kudatinya kwishora mu buyobozi bw’abaturage binyuze mu Nama Njyanama n’Inteko Ishinga Amategeko igihe cyose badateza imbere ingeso

Abayobozi ba UPDF bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru barashishikarizwa kujya muri politiki Read More »

UPDF yubatse urwibutso mu cyubahiro cya Museveni yarutashye ku mugaragaro

Ku wa kabiri, tariki ya 2 Mutarama, Perezida Yoweri Museveni, yashyizeho urwibutso rwubatswe kugira ngo rwubahe uruhare runini yagize mu iterambere ry’akarere ka Ankole. Urwibutso rwubatswe mu Nama Njyanama y’Umujyi wa Rushere, mu Karere ka Kiruhura na Brigade y’Abashinzwe Ingabo z’igihugu cya Uganda (UPDF), rugamije kumenya imbaraga za Perezida Museveni mu kwigisha abahinzi borozi b’inka

UPDF yubatse urwibutso mu cyubahiro cya Museveni yarutashye ku mugaragaro Read More »

Umuhanda uhuza imirenge ya Gikundamvura na Muganza ntabwo ari nyabagendwa

Imvura yaguye mu ijoro ryo kuwa 26 Ukuboza rishyira 27 Ukuboza yasize yangije ikiraro cyahuzaga imirenge ya Gikundamvura na Muganza ahitwa kuri Barrage, ndetse inangiza imyaka y’abaturage hari imiceri ku buryo abadafite ubwishingizi babihombeyemo. Umuyobozi w’umuryango w’abakoresha amazi Bwana Habimana Emnmanuel aratabaza inzego zibishinzwe kubaba hafi kugira ngo iki kiraro cyongere cyubakwe kuko bo ntabushobozi

Umuhanda uhuza imirenge ya Gikundamvura na Muganza ntabwo ari nyabagendwa Read More »

Etiyopiya ibaye igihugu cya gatatu cya Afurika kitishyuye umwenda

Kuri uyu wa kabiri, Etiyopiya yabaye iya gatatu muri Afurika idahwitse nyuma yo kunanirwa kwishyura miliyoni 33 z’amadolari ya Amerika coupon ku nkunga mpuzamahanga yonyine. Guverineri wa Banki nkuru y’igihugu cya Etiyopiya Mamo Mihretu yabitangarije mu kiganiro cyashize. Igihugu cya kabiri muri Afurika gituwe cyane cyatangaje mu ntangiriro z’uku kwezi ko kigamije kujya mu buryo

Etiyopiya ibaye igihugu cya gatatu cya Afurika kitishyuye umwenda Read More »

Rutsiro: Uwarokotse jenoside yashyikirijwe inzu n’uruganda rw’icyayi ashimira cyane  perezida Kagame

Nyuma yo gushyikirizwa n’uruganda rw’icyayi rwa Rutsiro inzu rwamwubakiye, Mukankusi Alphonsine w’imyaka 34,warokotse jenoside yakorewe Abatutsi, yashimiye cyane perezida Kagame wayihagaritse, akabera imfubyi umubyeyi, akazana icyayi n’urunganda rwacyo muri aka karere ruri guhindurira abaturage ubuzima  bigaragarira buri wese, harimo na we waruhawemo akazi akanubakirwa inzu nziza iyo yabagamo yenda kumugwaho. Mukankusi Alphonsine n’abana be 2

Rutsiro: Uwarokotse jenoside yashyikirijwe inzu n’uruganda rw’icyayi ashimira cyane  perezida Kagame Read More »

Ibihugu 5 bya mbere mu bukungu muri Afurika y’Iburasirazuba bwashyizwe ku rutonde

Muri iyi nkuru, turasesengura imiterere y’ubukungu bwa Afurika y’iburasirazuba, aho imikoranire ihindagurika y’ibintu yatumye ibihugu byihariye biza ku isonga mu kuzamura ubukungu bw’akarere. Twifashishije amakuru yatanzwe na raporo y’ishyirahamwe ry’imari shoramari muri Afurika y’Iburasirazuba (EAVCA) kugira ngo twumve uburyo igishoro cy’abikorera cyagize uruhare runini mu kuzamura iterambere ry’inganda zikora ubushabitsi, kuvugurura inganda, no gushyiraho inzira

Ibihugu 5 bya mbere mu bukungu muri Afurika y’Iburasirazuba bwashyizwe ku rutonde Read More »

Rusizi: Komite nshya y’abahinzi b’icyayi yasabwe kurushaho kubateza imbere

Abahinzi b’icyayi ba koperative The Villageois UMACYAGI mu karere ka Rusizi  bavuga ko nubwo kopertive yabo  igaragaza impinduka mu iterambere, bifuza kurushaho gutera  imbere,bagasaba abayobozi bashya batoye kubateza indi ntambwe, ubwiza n’ubwinshi bw’icyayi bukarushaho, bigatuma n’igiciro kizamuka kurushaho. Umuyobozi wa Thé villageois UMACYAGI watowe Musabirema Marc yavuze ko iterambere ry’abamuryango rimushishikaje cyane. Ni amatora ya

Rusizi: Komite nshya y’abahinzi b’icyayi yasabwe kurushaho kubateza imbere Read More »

Rusizi: Igenamigambi ry’imyaka 5 muri koperative y’abahinzi b’umuceri   KOIMUNYA ryitezweho impinduka mu mibereho yabo

  Ibibazo by’imibereho itari ku kigero gishimishije y’abahinzi b’umuceri  bibumbiye muri koperative KOIMUNYA ikorera mu murenge wa Nyakabuye ,akarere ka Rusizi, ubuyobozi bwayo buravuga ko kigiye kuvugutirirwa umuti mu igenamigambi ry’imyaka 5 kuva  2024 kugeza 2028, ahagiye kurebwa byimbitse imibereho nyayo y’umuhinzi w’umuceri n’uburyo yahinduka. Abanyamuryango ba KOIMUNYA bavuga ko abenshi muri bo bakiri mu mibereho

Rusizi: Igenamigambi ry’imyaka 5 muri koperative y’abahinzi b’umuceri   KOIMUNYA ryitezweho impinduka mu mibereho yabo Read More »

Scroll to Top