Abahinzi b’umuceli mu Karere ka Gisagara baragirwa inama yo guhingana inkweto mu bishanga
Muri gahunda y’ubukangurambaga mu kurwanya indwara zititaweho burimo gukorwa n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima mu Rwanda (RBC) gifatanije n’Akarere ka Gisagara hamwe n’abafatanyabikorwa mu kurwanya izo ndwara baremeza ko hari intambwe bimaze gutera. Ubuyobozi bw’Akarere ka Gisagara buremeza ko abahinzi bahinga umuceli mu gishanga ubu bagirwa inama yo kwambara inkweto mu rwego rwo kwirinda kujya mu […]