REBERO

Advertise Here!

Author name: Sylvester Bahuwiyongera

Rusizi: Serivisi nziza mu nyubako icyeye,ishema rya SACCO Tea Shagasha

Kimwe mu bikomeye abanyamuryango ba SACCO Tea Shagasha,mu karere ka Rusizi bavuga ko batojwe na perezida Kagame ni umuco wo kwigira no kwihesha agaciro,bagaragaje umwaka ushize ubwo biyuzurizaga inyubako yabo bavuga ko ibahesha ishema,yabatweye arenga 76.000.000,basezerera guhererwa serivisi mu mfunganwa. Bavuga ko iyi nyubako yabarinze kongera kunyagirirwa hanze baje gushaka serivisi Ni igikorwa buri munyamuryango […]

Rusizi: Serivisi nziza mu nyubako icyeye,ishema rya SACCO Tea Shagasha Read More »

Nyamasheke: COOPTHE Mwaga-Gisakura barashimira perezida Kagame imigabane yabahaye mu ruganda rw’icyayi

Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Mwaga-Gisakura bahawe na perezida Kagame mu ruganda rw’icyayi rwa Gisakura imigabane ya 15% ni yo yatumye binjira mu banyamigabane ba Gisakura Tea Company, indi 10% ihabwa COOPTHEVIGI. Bakavuga ko kuba biyumva muri iyi kampani babishimira perezida Kagame wita kuri buri munyarwanda wese aho ava akagera. Bavuga ko izamuka ry’igiciro cy’icyayi ribaha

Nyamasheke: COOPTHE Mwaga-Gisakura barashimira perezida Kagame imigabane yabahaye mu ruganda rw’icyayi Read More »

Rusizi: Imyaka 30 y’imiyoborere myiza mu mboni za COOPTHE Shagasha

Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Shagasha bagihinga mu mirenge ya kungu,Giheke,Kamembe,Mururu na Nyakarenzo mu karere ka Rusizi na Ruharambuga muri Nyamasheke, baravuga ko muri iyi myaka 30 y’imiyoborere myiza y’igihugu, ari bwo basubijwe icyayi cyabo,kuko mbere batakibonaga nk’icyabo, ntacyo cyari kibamariye. Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Shagasha basanga mu miyoborere myiza bazarushaho gutumbagira mu iterambere Mu kiganiro

Rusizi: Imyaka 30 y’imiyoborere myiza mu mboni za COOPTHE Shagasha Read More »

Nyamasheke: Amizero SACCO imbarutso y’iterambere rirambye ry’abahinzi b’icyayi

Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Mwaga-Gisakura na COOPTHEVIGI mu karere ka Nyamasheke, baravuga ko aho baboneye SACCO yabo’ Amizero SACCO’ baciye ukubiri no kubunza imitima y’aho bakura amafaranga bikenuza,bagashimira perezida Kagame wabateje iyi ntambwe idasubira inyuma. Iyi nyubako bishatsemo iri mu byo bishimira cyane Babitangarije Rebero.co.rw,mu kiganiro bagiranye,aho nk’abatangiye kugihinga mu myaka ya kera, bagaragaza ko

Nyamasheke: Amizero SACCO imbarutso y’iterambere rirambye ry’abahinzi b’icyayi Read More »

Nyamasheke: Abarobyi barashimira perezida Kagame ibyo amaze kubagezaho

Abarobyi bo mu karere ka Nyamasheke  baravuga ko kwitabwaho  byihariye,bagaterwa inkunga na Leta ku buryo bufatika,byanogeje umwuga wabo,amafi n’isambaza birushaho kuboneka ku bwinshi, impinduka mu iterambere zirigaragaza, byose bakavuga ko babikesha perezida Kagame. Kareremba batewemo inkunga na Leta zatumye amafi muri aka karere abonekera igihe cyose akenerewe. Mbere ngo ntibyabagaho Mu kiganiro Rebero.co.rw yagiranye n’umuyobozi

Nyamasheke: Abarobyi barashimira perezida Kagame ibyo amaze kubagezaho Read More »

Nyamasheke/ COTHEGA: Impinduka mu iterambere ry’abahinzi b’icyayi zigeze ahashimishije

Abahinzi b’icyayi bibumbiye muri COTHEGA,bagihinga mu mirenge ya  Karambi na Cyato,akarere ka Nyamasheke,baravuga ko impinduka mu iterambere ryabo zigeze ahashimishije, kuko bahereye aho igiciro cyacyo kivuye n’aho kigeze, impinduka uruganda rwacyo rwazanye mu bukungu n’imibereho myiza yabo, imirimo iboneka mu buhinzi n’ubusoromyi,n’ibindi,bitera buri wese ukirimo kwishima. Umuyobozi w’uruganda rw’icyayi rwa Gatare Gasarabwe Jean Damascène yabasabye

Nyamasheke/ COTHEGA: Impinduka mu iterambere ry’abahinzi b’icyayi zigeze ahashimishije Read More »

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yakurikiye sekuru mu kivu ararohama arapfa

Ababyeyi  baturiye ikivu barasabwa kurushaho kwita ku bana babo bato cyane,cyane muri ibi bihe by’ibiruhuko,kuko hari abagenda bakurikiye abandi bana  cyangwa abantu bakuru baba bahagiye ku mpamvu zinyuranye,bakaba bahahurira n’ingorane zitari zitezwe zirimo n’urupfu. Ikiya cya Kivu ntabwo cyisukirwa kandi gihitana benshi batazi kucyoga Babikanguriwe nyuma y’aho, ku wa 23 Werurwe,umwana w’umukobwa w’imyaka 3, wabanaga

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yakurikiye sekuru mu kivu ararohama arapfa Read More »

Nyamasheke:  Umunyeshurikazi witeguraga ikizamini cya Leta yapfiriye mu cyumba cy’amasengesho

Niyogushimwa Grace w’imyaka 22, wo mu mudugudu wa  Giseke,akagari ka Muhororo,umurenge wa Kirimbi,akarere ka Nyamasheke,wigaga mu wa 6 w’ayisumbuye mu karere ka Karongi,ubwo yari  yajyanywe gusengerwa mu cyumba cy’amasengesho cyo mu mudugudu wa Gisesero,muri aka kagari yagipfiriyemo. Ibiro by’akagari ka Muhororo Uwahaye aya makuru umunyamakuru wa Rebero.co.rw,yavuze ko byabaye  saa kumi z’ijoro  ku wa kabiri

Nyamasheke:  Umunyeshurikazi witeguraga ikizamini cya Leta yapfiriye mu cyumba cy’amasengesho Read More »

Nyamasheke: Abiga muri Kibogora polytechnic bishimira uburyo ibafasha kuzamura impano zabo

Abanyeshuri ba Kaminuza ya Kibogora polytechnic iri mu murenge wa Kanjongo,akarere ka Nyamasheke bafite impano zinyuranye,bashimira iri shuri uburyo ribafasha kuzizamura, mu ntego yabo yo kuzigeza ku rwego rw’igihugu na mpuzamahanga, bakayisaba ariko ko ahakiri icyuho,cyane cyane nko kumenya amarushanwa anyuranye bakayitabira,  hashyirwa imbaraga, bakabasha kwitabira amarushanwa menshi,yaba ahuza za kaminuza n’andi yabafasha kurushaho kwigaragaza.

Nyamasheke: Abiga muri Kibogora polytechnic bishimira uburyo ibafasha kuzamura impano zabo Read More »

Nyamasheke: Abarerera muri ES Rangiro barishimira uko ryita ku bana babo.

Ababyeyi barerera mu ishuri ryisumbuye rya Rangiro,riri mu murenge wa Rangiro,akarere ka Nyamasheke, bavuga ko bashimira byimazeyo ubuyobozi bwaryo n’abarezi ,imbaraga bashyira mu kwita ku bana babo,haba mu mitsndire y’ibizamini, imikino,imyitwarire n’imirire. Abana bahize abandi mu mitsindire bari kumwe n’ababyeyi babo n’abayobozi b’ishuri Babigaragarije mu nama baherutse kugirana n’iri shuri, aho nyuma yo kugaragarizwa uburyo

Nyamasheke: Abarerera muri ES Rangiro barishimira uko ryita ku bana babo. Read More »

Scroll to Top