Impuguke, abashakashatsi ,abaterankunga ndetse n’abafata ibyemezo baganiriye na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda mu kurandura malariya
U Rwanda ruri mu bihugu 3 byabashije kurwanya malariya ku rwego rwo hejuru bitewe n’ingamba zagiye zifatwa na guverinoma hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye mu guhangana niyo ndwara ya malariya, yica abasaga ibihumbi byinshi ku isi yose, ariko abiganjemo akaba ari abana bari munsi y’imyaka itanu. Ubu iyi ndwara ikaba yaragabanutse ku kigero cya 90% mu Rwanda, […]