REBERO

Advertise Here!

Ubuzima

Impuguke, abashakashatsi ,abaterankunga ndetse n’abafata ibyemezo baganiriye na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda mu kurandura malariya

U Rwanda ruri mu bihugu 3 byabashije kurwanya malariya ku rwego rwo hejuru bitewe n’ingamba zagiye zifatwa na guverinoma hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye mu guhangana niyo ndwara ya malariya, yica abasaga ibihumbi byinshi ku isi yose, ariko abiganjemo akaba ari abana bari munsi y’imyaka itanu. Ubu iyi ndwara ikaba yaragabanutse ku kigero cya 90% mu Rwanda, […]

Impuguke, abashakashatsi ,abaterankunga ndetse n’abafata ibyemezo baganiriye na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda mu kurandura malariya Read More »

Mu kigo cy’amashuli cya APAER kurwanya malariya babigize intego

Abanyeshuri bo mu kigo cy’amashuli cya APAER giherereye mu karere ka Gasabo basabwe kurushaho kugaragaza umusanzu wabo mu kwirinda no kurwanya indwara ya Malariya, n’ubutumwa bwatanzwe muri Gahunda y’ubukangurambaga bwo kurwanya Malariya. Ni ubukangurambaga bufite Insanganyamatsiko igira iti ” Kurandura Malaria Bihera kuri njye”. bwaranzwe no kwishimira intambwe u Rwanda rumaze gutera mu kurandura Malariya.Umuhanzi

Mu kigo cy’amashuli cya APAER kurwanya malariya babigize intego Read More »

Mu karere ka Nyamagabe higanje malaria hatangiye gutangwa inzitiramibu

Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo mu murenge wa Cyanika hatangiye gutangwa inzitiramibu zizahabwa imiryango yose ituye Akarere mu rwego rwo kurwanya no kurandura indwara ya malaria. Nkuko bitangazwa n’Ikigo cy’Igihugu gishizwe ubuzima mu Rwanda (RBC) biteganijwe ko mu murenge wa Cyanika hazatangwa inzitiramibu zigera ku bihumbi 16.300, naho mu karere ka Nyamagabe hagatangwa inzitiramibu zigera mu

Mu karere ka Nyamagabe higanje malaria hatangiye gutangwa inzitiramibu Read More »

Kurandura Malaria ni uguhera aho yororokera muri ya mazi areka hafi y’ingo zacu

Mu rwego rwo kurandura malaria ubu mu karere ka Nyamagabe harabera amahugurwa y’iminsi itatu ku nzego zitandukanye zibasha guhura n’abaturage, aya mahugurwa akaba yaratumiwemo abantu bagera kuri 25. Ubusanzwe akarere ka Nyamagabe niko kari hejuru mu kugira abarwayi benshi ba malaria, ibi bigaterwa nuko ako karere kegereye ishyamba ndetse ka kagira n’imvura nyinshi, kuko ku

Kurandura Malaria ni uguhera aho yororokera muri ya mazi areka hafi y’ingo zacu Read More »

Imiryango itari iya Leta mu rugamba rwo kurwanya malariya mu Rwanda

Kuri iki cyumweru imiryango itari iya Leta yafatanije na Minisiteri y’Ubuzima ndetse n’abandi bafatanyabikorwa muri Siporo rusange kurwanya Malariya, iki gikorwa kikaba kizakomeza muri iki cyumweru cyose haganirwa uburyo indwara ya malariya yarandurwa. Urugaga rw’imiryango itari iya Leta ishinzwe kurwanya Sida no guteza imbere ubuzima ndetse no guharanira uburenganzira bwa muntu ariyo NGO Forum, aho

Imiryango itari iya Leta mu rugamba rwo kurwanya malariya mu Rwanda Read More »

Siporo rusange yagaragarijwemo ko kubaka umubiri ukagira ubudahangarwa birwanya Malariya

Kuri iki cyumweru muri Siporo rusange (Car Free Day) hatangirijwe icyumweru cyahariwe kurwanya malariya, iyi Siporo ikaba yitabiriwe n’abanyamahanga baje kwitabira inama mpuzamahanga ndetse n’umunsi mpuzamahanga yo kurwanya malariya iteganijwe kubera mu Rwanda muri iki cyumweru twatangiye. Iyi nama biteganijwe ko izitabirwa n’abantu bagera ku 1.400 baturutse impande zose z’isi, harimo abashakashatsi ndetse n’abafatanyabikorwa mu

Siporo rusange yagaragarijwemo ko kubaka umubiri ukagira ubudahangarwa birwanya Malariya Read More »

Buri gihembwe ibigo by’amashuri bicumbikira abanyeshuri bihabwa inzitiramibu

Ubushakashatsi bwakozwe muri 2021 bwerekanye ibyiciro cyangwa se abantu bafite ibyago byinshi byo kwandura indwara ya malariya, bityo hakaba haragaragayemo abanyeshuri biga bacumbikirwa mu bigo, hakabamo abashinzwe umutekano,abarobyi ndetse n’abandi batinda hanze cyane bitewe n’imirimo bakora. Mu Rwunge rw’amashuri rwa St Joseph Kabgayi, abanyeshuri bahabwa inzitiramibu kugira ngo babashe kwirinda imibu ndetse babone uko bikingira

Buri gihembwe ibigo by’amashuri bicumbikira abanyeshuri bihabwa inzitiramibu Read More »

Abajyanama b’ubuzima mu rugamba rwo kurandura indwara ya Malariya mu Karere Karongi

Umurenge wa Rubengera ufite utugari dutandatu ukagira ibigo Nderabuzima bibiri ukaba ufite abajyanama b’ubuzima 160 bafasha abaturage bawutuye ku ndwara ya malariya, aho 95% bavurwa n’abajyanama b’ubuzima naho 5% gasigaye akaba ariko kajya kuri ibyo bigo Nderabuzima. Mu Kagali ka Mataba umudugudu wa Gitwa ufite abajyanama b’ubuzima bane bafasha abaturage bawutuye, ubu barashima uburyo aba

Abajyanama b’ubuzima mu rugamba rwo kurandura indwara ya Malariya mu Karere Karongi Read More »

Imvura idasanzwe yaguye mu Bihugu by’Abarabu yahungabanyije byinshi

Imvura idasazwe imaze iminsi itatu igwa ubudahagarara muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu, yategeje imyuzure yatumye n’ingendo z’indege zihagarara nyuma y’uko ikibuga cy’indege mpuzamahanga cya Dubai na cyo cyibasiwe n’umwuzure. Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yatangaje ko ingendo z’indege zari ziteganyijwe uyu munsi zose zasubitswe kubera ko ibihe bidasanzwe bikomeje kugaragara muri iki Gihugu. Ni mu gihe

Imvura idasanzwe yaguye mu Bihugu by’Abarabu yahungabanyije byinshi Read More »

Abanyeshuri 4 ba Buganda Royal Institute bazize impanuka

Abanyeshuri bane bo mu kigo cya Royal Institute bahasize ubuzima mu mpanuka yo mu muhanda. Ibi byabereye ku muhanda wa Garuga, mu nama njyanama y’umujyi wa Katabi, Akarere ka Wakiso, mu gace ka Musinde. Raporo yababyiboneye yerekana ko abanyeshuri bari mu rugendo rwa Toyota Rumion berekezaga mu birori byo ku mucanga igihe imodoka yabo yagonganaga

Abanyeshuri 4 ba Buganda Royal Institute bazize impanuka Read More »

Scroll to Top