Nyamasheke: Abarerera muri ES Rangiro barishimira uko ryita ku bana babo.
Ababyeyi barerera mu ishuri ryisumbuye rya Rangiro,riri mu murenge wa Rangiro,akarere ka Nyamasheke, bavuga ko bashimira byimazeyo ubuyobozi bwaryo n’abarezi ,imbaraga bashyira mu kwita ku bana babo,haba mu mitsndire y’ibizamini, imikino,imyitwarire n’imirire. Abana bahize abandi mu mitsindire bari kumwe n’ababyeyi babo n’abayobozi b’ishuri Babigaragarije mu nama baherutse kugirana n’iri shuri, aho nyuma yo kugaragarizwa uburyo […]
Nyamasheke: Abarerera muri ES Rangiro barishimira uko ryita ku bana babo. Read More »