REBERO

Advertise Here!

Author name: Admin

Ubukene butuma tutabona amavuta y’abafite ubumuga bw’uruhu

Mu karere ka Gasaba umurenge wa Gisozi akagari ka Ruhango mu mudugudu wa Ntora, hari umuryango w’abantu umunani harimo abafite ubumuga bw’uruhu batatu, kubera kubura ubwisungane mu kwivuza (Mituwele) byatumye babura amavuta y’abafite ubumuga bw’uruhu. Umuryango ufite abana batatu bafite ubumuga bw’uruhu Uyu muryango ukaba usaba ubufasha bwo kubona ubwo bwisungane mu kwivuga kugira ngo […]

Ubukene butuma tutabona amavuta y’abafite ubumuga bw’uruhu Read More »

Rutsiro: Uwarokotse jenoside yashyikirijwe inzu n’uruganda rw’icyayi ashimira cyane  perezida Kagame

Nyuma yo gushyikirizwa n’uruganda rw’icyayi rwa Rutsiro inzu rwamwubakiye, Mukankusi Alphonsine w’imyaka 34,warokotse jenoside yakorewe Abatutsi, yashimiye cyane perezida Kagame wayihagaritse, akabera imfubyi umubyeyi, akazana icyayi n’urunganda rwacyo muri aka karere ruri guhindurira abaturage ubuzima  bigaragarira buri wese, harimo na we waruhawemo akazi akanubakirwa inzu nziza iyo yabagamo yenda kumugwaho. Mukankusi Alphonsine n’abana be 2

Rutsiro: Uwarokotse jenoside yashyikirijwe inzu n’uruganda rw’icyayi ashimira cyane  perezida Kagame Read More »

Bus zitangiza ikirere zatangiye kugenda mu mihanda ya Kigali

Kuri uyu wa mbere tariki ya 11 nibwo bus zikoresha amashanyarazi zatangiye gutwara abagenzi mu mujyi wa Kigali ibi bikaba biri muri gahunda ya Leta ko ibyuka bihumanya ikirere bigomba kuba ari 0 muri 2030. Umuyobozi wungirije muri USAID Innovation Keisha Effiom avuga ko ayo bashoye yatangiye gutanga umusaruro mu kubungabunga ibidukikije mu mjyi wa

Bus zitangiza ikirere zatangiye kugenda mu mihanda ya Kigali Read More »

Nyamasheke: Ku nshuro ya 9 Kibogora polytechinic yashyize 1975 bayirangijemo ku isoko ry’umurimo

Ku nshuro ya 9 abayeshuri  1975 barangije mu mashami anyuranye muri kaminuza ya Kibogora polytechnic ,mu karere ka Nyamasheke, bahawe impamyabumenyi, basabwa  byinshi birimo kuba igisubizo cy’impinduka mu mibereho myiza y’abaturage b’aho bazakora bose no gukomeza guhesha ishema ishuri barangijemo. Bishimiye intambwe bateye mu bumenyi Ni ubwa mbere muri izi nshuro 9 rirangijemo abangana batya,

Nyamasheke: Ku nshuro ya 9 Kibogora polytechinic yashyize 1975 bayirangijemo ku isoko ry’umurimo Read More »

Scroll to Top