REBERO

Advertise Here!

Ibidukikije

Nyamasheke: COOPTHE Mwaga-Gisakura barashimira perezida Kagame imigabane yabahaye mu ruganda rw’icyayi

Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Mwaga-Gisakura bahawe na perezida Kagame mu ruganda rw’icyayi rwa Gisakura imigabane ya 15% ni yo yatumye binjira mu banyamigabane ba Gisakura Tea Company, indi 10% ihabwa COOPTHEVIGI. Bakavuga ko kuba biyumva muri iyi kampani babishimira perezida Kagame wita kuri buri munyarwanda wese aho ava akagera. Bavuga ko izamuka ry’igiciro cy’icyayi ribaha […]

Nyamasheke: COOPTHE Mwaga-Gisakura barashimira perezida Kagame imigabane yabahaye mu ruganda rw’icyayi Read More »

Rusizi: Imyaka 30 y’imiyoborere myiza mu mboni za COOPTHE Shagasha

Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Shagasha bagihinga mu mirenge ya kungu,Giheke,Kamembe,Mururu na Nyakarenzo mu karere ka Rusizi na Ruharambuga muri Nyamasheke, baravuga ko muri iyi myaka 30 y’imiyoborere myiza y’igihugu, ari bwo basubijwe icyayi cyabo,kuko mbere batakibonaga nk’icyabo, ntacyo cyari kibamariye. Abahinzi b’icyayi ba COOPTHE Shagasha basanga mu miyoborere myiza bazarushaho gutumbagira mu iterambere Mu kiganiro

Rusizi: Imyaka 30 y’imiyoborere myiza mu mboni za COOPTHE Shagasha Read More »

Nyamasheke: Abarobyi barashimira perezida Kagame ibyo amaze kubagezaho

Abarobyi bo mu karere ka Nyamasheke  baravuga ko kwitabwaho  byihariye,bagaterwa inkunga na Leta ku buryo bufatika,byanogeje umwuga wabo,amafi n’isambaza birushaho kuboneka ku bwinshi, impinduka mu iterambere zirigaragaza, byose bakavuga ko babikesha perezida Kagame. Kareremba batewemo inkunga na Leta zatumye amafi muri aka karere abonekera igihe cyose akenerewe. Mbere ngo ntibyabagaho Mu kiganiro Rebero.co.rw yagiranye n’umuyobozi

Nyamasheke: Abarobyi barashimira perezida Kagame ibyo amaze kubagezaho Read More »

Nyamasheke/ COTHEGA: Impinduka mu iterambere ry’abahinzi b’icyayi zigeze ahashimishije

Abahinzi b’icyayi bibumbiye muri COTHEGA,bagihinga mu mirenge ya  Karambi na Cyato,akarere ka Nyamasheke,baravuga ko impinduka mu iterambere ryabo zigeze ahashimishije, kuko bahereye aho igiciro cyacyo kivuye n’aho kigeze, impinduka uruganda rwacyo rwazanye mu bukungu n’imibereho myiza yabo, imirimo iboneka mu buhinzi n’ubusoromyi,n’ibindi,bitera buri wese ukirimo kwishima. Umuyobozi w’uruganda rw’icyayi rwa Gatare Gasarabwe Jean Damascène yabasabye

Nyamasheke/ COTHEGA: Impinduka mu iterambere ry’abahinzi b’icyayi zigeze ahashimishije Read More »

Umuhanda Ngororero-Muhanga ntabwo ari nyabagendwa

Itangazo ryatanzwa na Police y’igihugu riravuga ko ubu umuhanda wa Muhanga-Ngororero wabaye ufunzwe kubera amazi yuzuye mu muhanda aho bita ku Cyome. Nkuko ku mbuga za Polisi kuri X bagaragaje uko amaze yabaye menshi kubera imvura yaguye bituma Nyabarongo yuzura ku rugomero rwa Nyabarongo ya mbere mu murenge wa Gatumba. Kubera ko amazi ataragabanuka kandi

Umuhanda Ngororero-Muhanga ntabwo ari nyabagendwa Read More »

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yakurikiye sekuru mu kivu ararohama arapfa

Ababyeyi  baturiye ikivu barasabwa kurushaho kwita ku bana babo bato cyane,cyane muri ibi bihe by’ibiruhuko,kuko hari abagenda bakurikiye abandi bana  cyangwa abantu bakuru baba bahagiye ku mpamvu zinyuranye,bakaba bahahurira n’ingorane zitari zitezwe zirimo n’urupfu. Ikiya cya Kivu ntabwo cyisukirwa kandi gihitana benshi batazi kucyoga Babikanguriwe nyuma y’aho, ku wa 23 Werurwe,umwana w’umukobwa w’imyaka 3, wabanaga

Nyamasheke: Umwana w’imyaka 3 yakurikiye sekuru mu kivu ararohama arapfa Read More »

Inkunga y’Ikigega cy’isi cyita ku mihindagurikire y’ibihe yagize akamaro muri Green Gicumbi

Muri 2019, u Rwanda rwabonye inkunga ingana na miliyoni 32 z’amadolari yatanzwe n’ikigega cy’isi cyita ku mihindagurikire y’ibihe (GCF) yo gushyira mu bikorwa umushinga witwa “Gushimangira ikirere no Kwihangana kw’Icyaro mu majyaruguru y’u Rwanda”. Umushinga uri mu karere ka Gicumbi uzwi nk’umushinga wa Green Gicumbi, kandi uzashyirwa mu bikorwa n’ikigega cy’ibidukikije mu Rwanda. Ni umushinga

Inkunga y’Ikigega cy’isi cyita ku mihindagurikire y’ibihe yagize akamaro muri Green Gicumbi Read More »

Kivu y’Amajyepfo: Sosiyete sivile iraburira abaturage ko hashobora kubaho inkangu muri Buhozi

Sosiyete sivile y’ibidukikije muri Kivu yepfo irimo gutangaza impungenge z’iterabwoba ry’isenyuka ry’ubutaka ndetse no gusaduka muri Buhozi mu karere ka Kabare. Imiryango yose ishobora guhitanwa n’ubuzima nyuma y’isenyuka ryatangajwe n’ibice bimaze iminsi bikwirakwira muri ako gace. Urukuta rw’amazu n’amashuri amwe yarasenyutse, amagorofa yo mu gikari cy’amazu cyangwa amashuri yacitsemo kabiri. Perezida wa sosiyete sivile y’ibidukikije,

Kivu y’Amajyepfo: Sosiyete sivile iraburira abaturage ko hashobora kubaho inkangu muri Buhozi Read More »

SANGIRA Friend of Rwanda yatwubakiye ubuzima binyuze muri Hotel Talents Pool

Inkuru dukesha TV 10 ivuga ko abanyeshuri barangije muri SANGIRA Friend of Rwanda barashima uburyo yabubakiye ubuzima mu karere ka Nyamasheke kuko nyuma yo kwiga umwuga amezi 9 ubu abenshi bamaze kubona akazi abandi nabo bafite icyizere ndetse hari n’abateganya kwishingira akazi ubwabo. Babito Masanga wabaye iburayi igihe kinini ntabwo yigeze yibagirwa aho avuka akaba

SANGIRA Friend of Rwanda yatwubakiye ubuzima binyuze muri Hotel Talents Pool Read More »

The forces to transform tourist experiences with ‘Made in Rwanda’ between RGB and Zipline

Zipline, a global leader in autonomous drone delivery, is proud to announce a groundbreaking partnership with the Rwanda Development Board (RDB) to begin delivering Made in Rwanda products to resorts and lodges, with proceeds going towards the Volcanoes National Park Expansion Project. This collaboration builds upon Zipline’s existing success in delivering medical supplies and underscores

The forces to transform tourist experiences with ‘Made in Rwanda’ between RGB and Zipline Read More »

Scroll to Top